Ni akanya gato ...

brake car traffic training

Uburyo bushya bwo gukorera permis : Amakuru yose.

Imaze 2 weeks, 2 days

Muminsi ishize polisi y’u Rwanda yamuritse ikigo gikorerwaho ibizamini muburyo bw’ikoranabuhanga, aho abifuza gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga bazajya bakoreramo.

gusa benshi bibazaga ibibazo bitandukanye harimo ibi bikurikira.

 

 

Bizatangira ryari ? Bizaba ari angahe ? Ese aho kwihugugira haraboneka ?

 

Bizatangira ryari:

Kumugoroba wa tariki 2 z’ukwa gatanu 2024 nibwo Polisi y’uRwanda yasohoye itangazo rivuga kugihe ubwo buryo buzatangira gukoreshwa, Yatangaje ko ubwo buryo buzatangira gukoreshwa kuwambere Tariki 6 z’ukwa 5 2024, abantu batangira kwiyandikisha bagahitamo kicukiro.

 

Uburyo bwo kwishyura bushya n’ibiciro:

Iyo ugiye kwishyura  kwiyandikisha gukorera ikizamini ku irembo, wishyura n’amafraranga y’ikinyabiziga uzakoresha mbere.

 

Uko ibiciro bimeze (10,000 FRW nayo kwiyandikisha) :

Ikizamini cya A:  16,000 Frw + 10,000 Frw =26,000 FRW

Ikizamini cya B:  45,000 Frw + 10,000 Frw = 55,000 FRW

Ikizamini cya C: 75,000 Frw + 10,000 Frw = 85,000 FRW

Ikizamini cya D: 50,0000 Frw + 10,000 Frw = 60,000 FRW

Ikizamini cya D1: 100,000 Rw + 10,000 Frw = 110,000 FRW

 

Kwihugura bisaba iki ?

 

Ikibuga cya Apaforme ( Ikigo guherereye hepfo y'ikigo cy'ibizamini  bya busanza)

 

Muri kigali, hagiye hari ibibuga byabugenewe abantu bihuguriramo bikoze neza nkicyo polisi ukoresherezamo.

Ibiciro bigenda binyuranye bitewe n'ikigo ndetse ni'imodoka ukoresha wihugura.

 

Niba udafite provisoire, cyangwa urambiwe kwirirwa utsindwa ikizamini, koresha urubuga twara.rw kuri telephone cg mudasobwa wihugura muburyo bugezweho uzajye mukizamini ufite ubumenyi buhagije kandi by umwihariko wiyizeye. 

 

 

 

Kanda hano utangire ku buntu. hano