Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange ni
Km 60 mu isaha
Km 40 mu isaha
Km 25 mu isaha
Hitamo igisubizo nyacyo
Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira
Hafi y’iteme iyo hari umuhanda ufunganye
Hafi y’aho abanyamaguru banyura
Hafi y’ibice by’umuhanda bimeze nabi
Ibi bisubizo byose ni ukuri
Hitamo igisubizo nyacyo
Amatara ndangambere yakira rimwe buri gihe:
N'amatara magufi n'amatara kamenabihu y'imbere
N'amatara maremare n'amatara kamenabihu y'imbere
N'amatara magufi n'amatara kamenabihu y'inyuma
A na B ni ibisubizo by'ukuri
Hitamo igisubizo nyacyo
Ibinyabiziga bigomba kugira Itara ry'ubururu rimyatsa ribonesha impande zose, ni ibi bikurikira;
Ibinyabiziga by gisirikare
Ibinyabiziga ndakumirwa
Ibisubizo byose nibyo
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Uburemere ntaregwa bwemewe ni:
Uburemere bw’ikidapakiye.
Uburemere bugendanwa.
Nta nakimwe kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Urwego B rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi: