Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku modoka zikoreshwa nk’amavatiri y’ifasi cyangwa amatagisi zifite uburemere bwemewe butarenga kilogarama 3500 ni
Km 60 mu isaha
Km 75 mu isaha
Km 40 mu isaha
Hitamo igisubizo nyacyo
Mu misozi miremire aho ibisikana ridashoboka cyangwa riruhije kandi ibinyabiziga bihuye ari ibyo mu rwego rumwe, bigomba gusubira inyuma ni:
Ibinyabiziga bizamuka
Ibinyabiziga bimanuka
Ibinyabiziga bito
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Hitamo igisubizo nyacyo
Amatara ndanga burumbarare, agomba kubonwa nijoro igihe ljuru rikeye n'umuyobozi w'ikinyabiziga kiri mu ntera ya
Metero 50 nibura
Metero 100 nibura
Metero 200 nibura
Metero 150 nibura
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Amapikipiki adafite akanyabiziga ko ku ruhande iyo bitagishoboka kubona muri metero 200 agomba kugaragaza inyuma n'amatara akurikira:
Amatara 2 yera
Itara 1 ry'umuhondo
Itara 1 risa n'icunga ihishije
Itara 1 ritukura
Hitamo igisubizo nyacyo
Bivugwa ko ikinyabiziga gihagaze umwanya munini iyo byagenze bite ?