.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
A B C
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 30
3,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 20
1,500 RWF
Iminsi 2
Ibizamini 100
7,000 RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000 RWF
Amezi 3
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
Itegure mbere y'ikizamini iminsi 2
Shyiramo numero wishyure
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
1 year, 3 months
Amakuru
hagarika
Umuhanda unyerera
Umuhanda utaringaniye
Umuhanda wangiza amapine
Umuhanda batambukamo imbere
Tanga inzira
Umuhanda udakomeza
Icyapa A
Icyapa B
Icyapa C
Icyapa D
Werekana icyago kidahoraho
werekana aho bagana cyangwa aho bayobereza umuhanda nk'igihe cy impanuka
Byose ni byo
Ibitegetswe byihariye gusa
Ubugerure cyangwa amarengamategeko rusange cyangwa ibibujijwe ndetse n'ibitegetswe byihariye
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Bwa metero 2 nibura hagati yabo n'iyo nkomyi
Bwa metero 5 nibura hagati yabo n'iyo nkomyi
Bwa metero 1 nibura hagati yabo n'iyo nkomyi
Bwa metero 15 nibura hagati yabo n'iyo nkomyi
Mu kayira k'amagare
Ku ruhande rw'iburyo rw'umuhanda
Mu tuyira turi ku mpande z'umuhanda
Mu tuyira turi ku mpande z'umuhanda no ku nkengero zigiye hejuru
Rw'ibumoso
Rw'iburyo
Ku nkengero z'umuhanda
Feri y’urugendo
Feri yo guhagarara umwanya munini
Feri yo gutabara
Km25
Km70
Km40
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Uburemere bwite hongewemo uburemere bw’imizigo.
Uburemere bwite hakuwemo uburemere bw’imizigo.
Nta nakimwe kirimo
18m
14m
24m
Metero 100
Metero 150
Metero 50
Metero 20
Ibinyabiziga bitwara abagenzi muri rusange
Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje toni 3.5
Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara
Ibisubizo byose ni ukuri
ibinyabiziga bifite ubugari burenga m 2 na cm 10
ibinyabiziga bya police y’igihugu
ibinyabiziga ndakumirwa
feri yo guhagarara umwanya munini
feri y’urugendo
feri yo gutabara
Rivuga umuntu wese ukora akazi ke kandi abifitiye ubushobozi niyo
bivuga umwe mu bakozi bavugwa mu ngingo ya 3 y'iri teka, wambaye ku buryo bugaragaza ibimenyetso by'imirimo ashinzwe.
modoka zakorewe gutwara abantu kandi zifite imyanya 12 ntarengwa yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi.
modoka zakorewe gutwara abantu kandi zifite imyanya 8 ntarengwa yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi.
Bivuga umuntu wese ufite inshingano zo kuyobora abandi
bivuga umuntu wese utwaye ikinyabiziga cyangwa uyobora mu nzira nyabagendwa inyamaswa zikurura, zikorera cyangwa zigenderwaho, cyangwa amatungo, yaba ubushyo cyangwa imwe imwe.