.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
A B C
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 30
3,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 20
2,000 RWF
Iminsi 2
Ibizamini 100
7,000 RWF
Iminsi 30
Ibizamini 200
10,000 RWF
Amezi 3
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
Itegure mugihe cy'icyumweru 1
Itegure mbere y'ikizamini iminsi 2
Shyiramo numero wishyure
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
1 year, 5 months
Amakuru
hagarika
Ntihanyurwa mu byerekzo byombi
Hanyurwa mucyerekezo kimwe gusa
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Inzira y'amagare
Abanyamaguru ntibemerewe kugenda hano
Byose ni byo
Birabujijwe gukatira ku ruhande
Icyerekezo gitegetswe
Umuhanda ukomeza
Tambuka nyuma
Aho umuhanda urangirira
Iherezo ryo gutambuka mbere
Birabujijwe kunyura ku binyabiziga byose uretse ibinyamitende ibiri n'amapikipiki adafite akanyabiziga ko ku ruhande
Kubangikana byemewe ku binyabiziga 2 biri mu rwego rumwe
Umuhanda ubisikanirwamo n'ibinyabiziga 2
Km 60 mu isaha
Km 40 mu isaha
Km 25 mu isaha
Ni igihe cyose
Igihe umuhanda ugendwamo mu cyerekezo kimwe.
Igihe umuhanda ugendwamo mu byerekezo 2.
Igihe uri kubusikana
Uwuvamo ari uko ugiye guhindura icyerekezo.
Igihe ugiye guhagarara
Ibinyabiziga by gisirikare
Ibinyabiziga ndakumirwa
Ibisubizo byose nibyo
Amatara 2 y'umuhondo cyangwa asa n'icunga rihishije
Amatara 2 y'umutuku
Amatara 2 yera
Itara 1 ritukura
Feri y’urugendo
Feri yo guhagarara umwanya munini
Feri yo gutabara
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
18m
14m
24m
Kare
Urukiramende
Mpandeshatu
40km/h
25km/h
35km/h
n'agatambaro gatukura gafite byibura santimetero 50 z'uruhande mu ijoro
iyo amatara y'ibinyabiziga agomba gucanwa: n'itara ritukura cyangwa akagarura- rumuri gatukura.
Ibyo haruguru byose nibyo
Ku binyabiziga by’ingabo bijya ahatarenga km25
Ibinyabiziga bihinga
Ibinyabiziga bya police
Ikinyabiziga cyose cyagenewe gukururwa.
Ikinyabiziga cyose cyagenewe gukura.
Ikinyabiziga cyose gufatanyije
Rufite agaciro ku nzego z'ubiyobozi bw'akarere utuyemo.
Rufite agaciro ku nzego zose.
modoka zakorewe gutwara abantu kandi zifite imyanya 12 ntarengwa yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi.
modoka zakorewe gutwara abantu kandi zifite imyanya 8 ntarengwa yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi.
Abantu batwaye amagare na velomoteri
Abantu batwaye utunyamizigo
Abantu batwaye utunyamizigo tw'abana
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo