.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 20
1,500 RWF
Iminsi 2
Ibizamini 30
3,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 100
7,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
1Â year, 1Â month
Amakuru
hegereye inkomane banyuramo bategetswe kuzenguruka
Aho umuhanda urangirira
Byose si byo
Icyapa A
Icyapa B
Icyapa C
Icyapa D
Birabujijwe kunyura ku kindi kinyabiziga
Gutambuka mbere y'ibinyabiziga biturutse imbere
Icyerekezo gitegetswe
Inkomane ( Gutambuka mbere hakirikijwe amategeko rusange)
Hagarara
Nta na kimwe kirimo
Ibyapa biburira, ibyo gutambuka mbere n'ibyapa ndanga
Ibiburira, ibyo gutambuka mbere, ibimenyetso bibuza cyangwa bitegeka n'ibyapa ndanga
Nta gisubizo cy'ukuri kirimo
Mu kayira k'amagare cyangwa mu muhanda
Mu kayira k'amagare gusa
Mu muhanda gusa
Rw'iburyo
Rw'ibumoso
Ku murongo udacagaguye
Ku nkengero z'umuhanda
40km/h
30km/h
20km/h
Feri y’urugendo
Feri yo guhagarara umwanya munin
Feri yo gutabara
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Ku kintu kirabagirana
Ku kintu kiyohereje
Ku mpande z'inzira nyabagendwa
Feri yo guhagarara umwanya munini
Kare
Urukiramende
Mpandeshatu
Uburemere bw’ikidapakiye.
Uburemere bugendanwa.
Nta nakimwe kirimo
Uburemere bwite hongewemo uburemere bw’imizigo.
Uburemere bwite hakuwemo uburemere bw’imizigo.
Igikomatanyije
Makuzungu
Remoroki
Ni Ikinyabiziga cyose kigendeshwa n’ingufu z’abantu
Ikinyabiziga cyose kigendeshwa n’ingufu za moteri nini
Ikinyabiziga cyose kigendeshwa n’ingufu za moteri ntoya
santimetero 75
santimetero 35
santimetero 50
Ni ikinyabiziga cyakorewe gukurura ibinyabiziga byinshi
Ni ikinyabiziga gikurura ikindi
Ikinyabiziga gifatanije n’ikindi ari makuzungu.
Umukuru w'akarere
Minisitiri ushinzwe imirimo ya leta
Umukozi ubifitiye ububasha
Umukuru w'intara
Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n'ibintu
Porokireri wa repubulika
Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda