Mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate bigaragazwa n’imirongo idacagaguye
A na B ni ibisubizo by’ukuri
Hitamo igisubizo nyacyo
Nta na rimwe abanyamaguru bashobora gutinda mu muhanda cyangwa kuhahagarara keretse:
Keretse hari impamvu nyakuri ibibateye
Bambukiranya imihanda mu nzira y'abanyamaguru
Iyo bagize itsinda ry'abantu benshi
Nta gisubizo cy'ukuri kirirmo
Hitamo igisubizo nyacyo
Amatara ndanga burumbarare, agomba kubonwa nijoro igihe ljuru rikeye n'umuyobozi w'ikinyabiziga kiri mu ntera ya
Metero 50 nibura
Metero 100 nibura
Metero 200 nibura
Metero 150 nibura
Hitamo igisubizo nyacyo
Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni
Toni 10
Toni 12
Toni 16
Toni 24
Hitamo igisubizo nyacyo
Amapikipiki adafite akanyabiziga ko ku ruhande iyo bitagishoboka kubona muri metero 200 agomba kugaragaza inyuma n'amatara akurikira:
Amatara 2 yera
Itara 1 ry'umuhondo
Itara 1 risa n'icunga ihishije
Itara 1 ritukura
Hitamo igisubizo nyacyo
Uburemere bwikorewe ni:
Uburemere bwite hongewemo uburemere bw’imizigo.
Uburemere bwite hakuwemo uburemere bw’imizigo.
Nta nakimwe kirimo
Hitamo igisubizo nyacyo
Urwego B rugenewe imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya yo kwicarwamo hatabariwemo uw'umuyobozi: