.
Hitamo uburyo ubinyuzamo
whatsapp
Facebook
Twitter
rw
Kanda *182*7*1#
Ukurikize amabwiriza yo kwishyura
Pack ugura iyo ariyo yose, urahabwa code muri sms uzajya ukoresha igihe cyose ugiye gukora ikizamini cy’umwitozo.
Ibizamini 15
1,000 RWF
Amasaha 24
Ibizamini 25
2,000 RWF
Iminsi 7
Ibizamini 60
5,000RWF
Iminsi 30
Ibizamini bidashira
10,000RWF
Amezi 3
Iga kugeza utsinze
30,000RWF
Amezi 12 + Kwandikishwa kubuntu
Kwishyura ninako kwemera amategeko n'amabwiriza
hagarika
Iyandikishe
Tangira
Gura code
Tangira ikizamini
Amategeko y'ibanze
Kugenda mumuhanda
Ibinyabiziga
Ibimenyetso
Ibiranga Ibinyabiziga
Imigenzurire n'imiterere y'ibinyabiziga
Inama
10Â months, 2Â weeks
Amakuru
umuhondo
icyatsi kibisi
umweru
Birabujijwe kunyura ku kindi kinyabiziga
Gutambuka mbere y'ibinyabiziga biturutse imbere
Icyerekezo gitegetswe
Imbere ni itara ry’umuhondo ritwariwe ibumoso
Inyuma ni itara ryera ritwariwe ibumoso n’umuntu uri ku murongo w’inyuma hafi y’umurongo ugabanya umuhanda mo kabiri
A na B ni ibisubizo by’ukuri
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Icyapa A
Icyapa B
Icyapa C
Icyapa D
Umuhanda utaringaniye
Imbere hari imisozi
Nta na kimwe kizima kirimo
Iburyo
Ibumoso
Iburyo cyangwa ibumoso
Metero 100
Metero 150
Metero 200
Rw'iburyo
Rw'ibumoso
Ku murongo udacagaguye
Ku nkengero z'umuhanda
2
3
1
Metero 50 nibura
Metero 100 nibura
Metero 200 nibura
Metero 150 nibura
Amatara 2 y'umuhondo cyangwa asa n'icunga rihishije
Amatara 2 y'umutuku
Amatara 2 yera
Itara 1 ritukura
Igihe kiruta igihe ikinyabiziga giharara hinjiramo abantu cg ibintu.
Igihe igihe kirengeje isaha
Nta na kimwe kirimo
Feri y'urugendo idakora
Kurekurana ari iby'akanya gato nk'igihe cyo guhinduranya vitensi
Kurekurana bireba feri y'urugendo cyangwa feri yo gutabara igihe zidakora neza
70km/h
50km/h
80km/h
itara ryera cyangwa ry’umuhondo cyangwa risa n’icunga rihishije riri kuri rumoruki inyuma
itara ry’icyatsi cyangwa ry’umuhondo cyangwa risa n’icunga rihishije riri kuri rumoruki inyuma
Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa kanini :
Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe
Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi
Ibisubizo byose nibyo
ibinyabiziga bifite ubugari burenga m 2 na cm 10
ibinyabiziga bya police y’igihugu
ibinyabiziga ndakumirwa
Ibinyabiziga byo mu nzego C na D
Ibinyabiziga byo mu nzego E na F
Amatungo cyangwa inyamanswa
umuhanda ugabanyije
kimwe mu bice bigabanyije umuhanda mu burebure bwawo bishobora kugaragazwa n'umurongo umwe ukomeje cyangwa ugizwe n'uduce dukulikiranye ariko icyo gisate kikagira ubugari buhagije ku buryo ibinyabizig
A na B ni ibisubizo by'ukuri
Bivuga umuntu wese ufite inshingano zo kuyobora abandi
bivuga umuntu wese utwaye ikinyabiziga cyangwa uyobora mu nzira nyabagendwa inyamaswa zikurura, zikorera cyangwa zigenderwaho, cyangwa amatungo, yaba ubushyo cyangwa imwe imwe.
Nta nakimwe kirimo